Promotion Time!
Looking for a reason to love Mondays? Join us for Magic Monday and enjoy playing casino games together with GSB.

Register For Promotion
Use your User ID

Place A Bet Above 2,000 RWF
Minimum 3 selections per a bet

Get A FreeBet
up to 40,000 RWF

Impano Refund

Umukino umwe ugutwikiye ipari? Wihangayika

Nkumukinnyi byaba bibabaje cyane kubona ipari yari igiye kubikora, ukabona umukino umwe ugutwikiye ipari. Wamaze amasaha ushakisha shuwa diru, usesengura imikino wakoresheje imbaraga zawe zose wajya kubona ukabona ikipe imwe ikwiciye ipari.

Aho niho itandukaniro rya WINNER RWANDA rigaragarira, twishyira mu mwanya wawe tukumva neza akababaro bitera, akaba ari kubwiyo mpamvu tugushumbusha tuguha igice ku mafaranga wari gutsindira.

Amategeko n’amabwiriza  birakurikizwa

Bikora bite?

Kugira ngo ubashe gushumbushwa bisaba ko ukora ipari ifite nibura kuva ku mikino 2 kuzamura ndetse ikagira ibikubo byateganijwe mu mbonerahamwe iri hano hasi. Imikino yose nitsinda uretse umwe gusa, tuzagushumbusha tugusubiza igice runaka cy’amafaranga wari gutsindira bitewe n’amafaranga washoye. (Stake)

Urugero:

  • Tuvuge uramutse washoye 200 FRW ugakora ipari ifite imikino 10 iri butsindire 90,000 FRW.
  • Imikino 9 igatsinda ariko umukino umwe ugatsindwa kandi iyo pari ikaba yari ifite ibikubo bya 450.00 by’imikino yose iteranyije ukuyemo igikubo cy’umukino watsinzwe. Dore uko tuzakubarira tugushumbusha.

Tuzagushumbusha tugukubira inshuro 5 amafaranga washoye (200 x 5=1000 FRW) agashyirwa kuri konti yawe yo muri Winner Rwanda nyuma yo kukubarira.

Umubare w’imikino iri ku ipari

Imikino yatsinzwe

Ibikubo(Odds)

Inshuro tugukubira

2+

1

25-45

X1

2+

1

45-60

X2

2+

1

60-90

X3

2+

1

90-450

X5

2+

1

450-∞

X10

 

 

 

Ubu bwasisi butanga ihumure ku bakiriya bacu bendaga gutsinda ariko umukino umwe ukabicira ipari, turizera yuko bigabanya akababaro abakiriya bacu bagiraga babuze amafaranga bari babariye gutsindira.

Muri WINNER RWANDA, twiyemeje guha abakiriya bacu uburyo bwo kuba batuje kandi batekanye igihe bari gutega kandi turizera ko ubu ari bumwe mu buryo buzatugeza kuriyo ntego.